Cindy Sanyu yabwiye amagambo yuje urukundo Chosen Becky nyuma y’uko ashyingiwe na Ssekajja, amushishikariza kwinjira mu rugendo rw’urukundo adatinya ingaruka zishobora kuvuka.
Mu gihe yakiranga Chosena Beckya Carol Nantongo mu muryango, Cindy yavuze ko yumva afite ibyishimo kubera ko Becky yashyigiwe, nubwo hari bamwe bavuga ko Cindy yagaragaje amarangamutima menshi.
Cindy yasobanuye ko uburyo Becky agaragza ibyishimo bye bimeze neza n’ibyo yigeze kugira ubwo yari mu rukundo, bikaba ari yo mpamvu agaragza amarangamutima ye mu buryo budasanzwe.

Yagize ati: “Muri iki gihe, urukundo rwabaye ubusa cyane ko barukiniramo, rimwe na rimwe ukarubabariramo. Iyo abantu bavuga kenshi ku bakunzi babo, akenshi batangira gutekereza ko ureo rukundo rushobora kuzarangira nabi, bityo ugasanga bwenshi bibatera ubwoba bwo kwinjira mu rukundo.”
Yakomeje avuga ko ibyo bituma umuntu adashobora kwishimira ibihe biriho, ahubwo agatangira gutekereza ku byo ejo hazaza he atari mu rukundo.
Cindy yongeyeho ko ari yo mpamvu yishimira urukundo rwa Chosen Becky. Mu buryo bwe, kandi ko Becky yahisemo kwishimira ibihe arimo aho kugira ubwoba bwo gukomerekera mu rukundo.
Cindy kandi yahaye inama Becky n’umukunzi we ubwo biteguraga kurushinga byemewe n’amategeko. Yibanze ku kamaro ko kumenyana ku buryo umwe atazababaza undi, cyane cyane ko Becky akora umuziki kandi usaga abarikumwe n’abandi bagabo abarimo gukorana indirimbo.
Yagize ati: “Ni ngombwa ko usobanukirwa umugabo wawe kandi nawe akumva umurimo ukora. Nk’umuhanzi, birashoboka ko ubafite izina rikomeye kurusha umugabo wawe kubera kuba uri mu ruhame. Ariko mu rugo, ugomba ibyo ntibikora kandi niba ushaka gushinga urugo ugomba kwicisha bugufi imbere y’umutware wawe.”







