Kuri uyu wa Mbere hatangiye ibizamini bya Leta ku rwego rw’igihugu ku banyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, bikaba biteganyijwe gukorwa mu minsi itatu ikurikirana. Nk’uko byemezwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), uyu mwaka ibizamini...
Tariki ya 28 Kamena 2024 izahora yibukwa nk’umunsi w’amateka ku bana n’imiryango yabo baturuka mu miryango itishoboye bo mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo, ubwo Nufashwa Yafasha Organization yateguraga ibirori by’ishimire n’ishimwe ku bana 20 barangije icyiciro...
Bamwe mu bafite utubari ndetse n'abatugana mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko hari utubari tumwe dufungwa nyamara hari utundi dukesha, ibyo bashingiraho basaba ko amabwiriza yubahirizwa kimwe ku tubari twose. Bavuga ko kureka tumwe tugakomeza gukora utundi twafungiwe...
Ikoranabuhanga ryahinduye uburyo umuziki ucuruzwa… Mu myaka yashize, kubona amafaranga mu muziki byasabaga ibitaramo n’imikoranire n’ibitangazamakuru ( kugeza ubu twakwita gakondo). Ubu ibintu byarahindutse. Digital platforms nka Spotify, Apple Music, Boomplay, YouTube Music, n’izindi zatangiye guha abahanzi bo...
Ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe ntabwo kigaragazwa n’ibikomere ku mubiri, ahubwo kigaragarira mu mwijima w’amarangamutima no mu buzima bwo mu bwonko. Mu gihe benshi mu rubyiruko bugarijwe n'agahinda gakabije (depression), guhangayika gukabije (anxiety), kwigunga, cyangwa no gutekereza kwiyahura,...
Kampala, Uganda – Tariki ya 2 Gicurasi 2025 — Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko inzego z’umutekano zashyize amakamera y’ubutasi inyuma y’ibiro bikuru by’ishyaka National Unity Platform...
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo MININFRA n’Abafatanyabikorwa bayo barimo Ikigo gutanga imodoka zikoresha amashanyarazi BasiGo, n’Ishyirahamwe ry’abatwara abantu mu modoka mu Rwanda RTA, batangije gahunda yo gutwara abagenzi mu modoka zikoresha amashanyarazi, ku muhanda Kigali-Muhanga-Nyanza-Huye, mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije....
Kutonsa umwana bihagije ni kimwe mu bibazo bikomeje gutera imirire mibi mu bana bato, nk’uko byagarutsweho na Depite Uwababyeyi Jeannette, umwe mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko, asobanura ko konsa umwana kugeza nibura ku myaka...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...