Tariki ya 28 Kamena 2024 izahora yibukwa nk’umunsi w’amateka ku bana n’imiryango yabo baturuka mu miryango itishoboye bo mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo, ubwo Nufashwa Yafasha Organization yateguraga ibirori by’ishimire n’ishimwe ku bana 20 barangije icyiciro...
Ku wa Gatatu, tariki ya 25 Kamena 2025, mu kiganiro n’itangazamakuru, Mariya Yohana yatangaje ko yateguye igitaramo kizaba ku wa 3 Nyakanga 2025, ati:" Ndashaka ko twereka Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko tumukunda, ndetse n’Inkotanyi." Yakomeje agira ati:"...
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko impamvu ikomeje gutera inkunga iserukiramuco rya MTN Iwacu Muzika Festival ari gahunda yihaye yo kwegera abakiriya bayo, binyuze mu bikorwa bibahuza n’abahanzi bakunda, cyane cyane abo mu Ntara zitandukanye z’Igihugu. Ni...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa 23 Gicurasi 2025, aho aje gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Universe kuri iki Cyumweru, tariki 25 Gicurasi 2025.
Umuhanzi w’injyana gakondo, Victor Rukotana, yatangaje ko ari gutegura urugendo rw’ibitaramo muri Amerika no mu Burayi, agamije kumenyekanisha alubumu ye nshya yise ‘Imararungu’. Uyu muhanzi uherutse gushyira hanze iyo alubumu, avuga ko yayifashe nk’umucunguzi we bitewe n’uburyo yakiriwe...
Fally Merci usanzwe utegura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ yasabye imbabazi nyuma y’ibyatangajwe na Nzovu na Yaka ubwo bari bitabiriye igitaramo cyabereye muri Camp Kigali ku wa 20 Gashyantare 2025. Ibi Fally Merci yabitangaje mu gitondo cyo ku wa...
Bamwe mu basaza barwanye urugamba rwo kubohora Igihugu kuva mu 1990, bavuga ko bashimira ubuyobozi kuba buzirikana bukanaha agaciro akazi bakoze k’ubwitange.
Davido yizihiza isabukuru y’imyaka 32 atanga inkunga irenga miliyoni 250 Frw Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke wamamaye ku izina rya Davido, yatangaje ko isabukuru ye y’imyaka 32 azayizihiza atanga inkunga y’amafaranga angana na miliyoni 300...
Abanyamuryango ba Rotary Club Kigali Mont Jali bizihije isabukuru y’imyaka 25 bakora ibikorwa bitandukanye bihindura imibereho n’ubuzima bw’Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye, banahiga kuzakora imishinga itatu irimo uwo gufasha abana barwaye Autism no guha ibikoresho urubyiruko ruva mu magororero...
Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...