Ishimwe Karake Clement utunganya indirimbo, washinze inzu ya Kina Music, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise 'Legacy', mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu mwuga wo gutunganya indirimbo (Music Production). Mu Itangazo yashyize...
Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...
Rutahizamu wa Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye kwigaragaza atsinda ibitego bibiri mu mukino ikipe ye ya Al Nassr FC yatsinzemo Al Hazem ibitego 4-0 muri shampiyona ya Saudi Arabia. Ni intsinzi yatumye Ronaldo agira ibitego 964 mu rugendo rwe...
Umuhanzi Christopher Muneza agiye kongera guhura n’abakunzi be mu buryo budasanzwe, aho azifashisha igitaramo cya Gen-Z Comedy Show kizabera muri Camp Kigali ku wa 26 Gashyantare 2026. Iki gitaramo gisanzwe kizwiho guhuza urubyiruko n’ibyamamare binyuze mu gice cyitwa...
Umunya-Israel, Itamar Einhorn ukinira ikipe ya Nice Métropole Côte d’Azur (NSN), ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda katangiriye i Rukomo mu karere ka Gicumbi gasorezwa i Rwamagana ku ntera y’ibilometero 173,6. Iri siganwa riri...
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo hatangire irushanwa rya Tour du Rwanda 2026, imyidagaduro na yo yamaze gufata indi ntera. Abategura “Tour du Rwanda Festivals” batangaje urutonde rw’abahanzi bazasusurutsa abazitabira iri rushanwa, ibintu byamaze kuzamura amarangamutima y’abakunzi b’umuziki...
Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rwongeye kugaragaza imbaraga zarwo mu iserukiramuco rya Art Rwanda-Ubuhanzi Xperience ryabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV), aho hatanzwe impamyabumenyi ku rubyiruko rwasoje icyiciro cya gatatu cy’iyi gahunda yo guteza imbere impano. Iki...
Umunyamuziki w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Doja Cat, agiye kongera guha Abanyakigali ibirori bidasanzwe mu gitaramo cya Move Afrika giteganyijwe kubera i Kigali ku itariki ya 17 Werurwe 2026. Iki gitaramo gitegurwa ku bufatanye bwa Global Citizen, binyuze muri...
Abahanzi babiri bakomeye mu muziki w’u Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, bongeye kugaragaza ko bahisemo inzira y’ubufatanye aho gukomeza gukurura imvugo z’ihangana zari zimaze imyaka igera kuri itatu zivugisha benshi mu myidagaduro yo mu gihugu. Nyuma y’ukuntu...
Nubwo bari batandukanye ku mubiri, urukundo rwa The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella rwarushijeho kumvikana binyuze mu ibaruwa yuje amarangamutima uyu muhanzi yamwifurijemo isabukuru nziza y’amavuko. Ni ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi, bugaragaza ko intera itabasha guca...