Amakimbirane hagati y’ibyamamare bibiri bikomeye muri Hip Hop – Curtis “50 Cent” Jackson na Sean “Diddy” Combs – yongeye gufata indi ntera nyuma y’uko 50 Cent ateguye mbarankuru (docuseries) nshya yiswe “Sean Combs: The Reckoning”, yagombaga gutambuka kuri...
Uyu munsi, ni isabukuru y'imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk'amahirwe akomeye ndetse n'umugisha ku bwo kugira umuyobozi w'umuhanga kandi ukunda Igihugu n'abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y'abaturage ndetse n'isura nziza y'Igihugu....
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yasabye abitabiriye Ubumuntu Arts Festival 2025 ko umuco ukwiye kubumbatirwa, kuko ari wo mutungo w’ingenzi ku banyafurika ndetse n’Isi muri rusange bifitiye. Yabitangaje ku wa 17 Nyakanga 2025,...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer n’abategura iserukiramuco rya Glastonbury batangaje ko bababajwe n’indirimbo zirimo amagambo asebya ingabo za Israeli zaririmbiwe ku rubyiniro. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, ubwo itsinda rya muzika rihuje injyana ya Punk na Rap...
Tariki ya 28 Kamena 2024 izahora yibukwa nk’umunsi w’amateka ku bana n’imiryango yabo baturuka mu miryango itishoboye bo mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo, ubwo Nufashwa Yafasha Organization yateguraga ibirori by’ishimire n’ishimwe ku bana 20 barangije icyiciro...
Ku wa Gatatu, tariki ya 25 Kamena 2025, mu kiganiro n’itangazamakuru, Mariya Yohana yatangaje ko yateguye igitaramo kizaba ku wa 3 Nyakanga 2025, ati:" Ndashaka ko twereka Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko tumukunda, ndetse n’Inkotanyi." Yakomeje agira ati:"...
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko impamvu ikomeje gutera inkunga iserukiramuco rya MTN Iwacu Muzika Festival ari gahunda yihaye yo kwegera abakiriya bayo, binyuze mu bikorwa bibahuza n’abahanzi bakunda, cyane cyane abo mu Ntara zitandukanye z’Igihugu. Ni...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa 23 Gicurasi 2025, aho aje gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Universe kuri iki Cyumweru, tariki 25 Gicurasi 2025.
Umuhanzi w’injyana gakondo, Victor Rukotana, yatangaje ko ari gutegura urugendo rw’ibitaramo muri Amerika no mu Burayi, agamije kumenyekanisha alubumu ye nshya yise ‘Imararungu’. Uyu muhanzi uherutse gushyira hanze iyo alubumu, avuga ko yayifashe nk’umucunguzi we bitewe n’uburyo yakiriwe...
Fally Merci usanzwe utegura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ yasabye imbabazi nyuma y’ibyatangajwe na Nzovu na Yaka ubwo bari bitabiriye igitaramo cyabereye muri Camp Kigali ku wa 20 Gashyantare 2025. Ibi Fally Merci yabitangaje mu gitondo cyo ku wa...