• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Butera Knowless yizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo avuge igituma uyu mwaka utandukana n’indi.

Ibi Butera Knowless yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’Impinga Media, yavuze ko uyu mwaka utandukanye n’indi 33.

Knowless yagize ati “Ni umwaka utandukanye, ndumva ntashaka k’uvuga byinshi m itangazamakuru gusa wumve ko hari ibintu umuntu aba yaragiye arota mu buzima, akabifata nk’indoto ariko ntabone inzira byazacamo ngo zibe impamo ariko igihe cyagera ubona ko bishoboka cyane vuba.”

Knowless abajijwe niba ibyo bintu hari aho bihuriye na muzika, yavuze ko kimwe mu bituma ashimira Imana kurushaho ari uko mu myaka 14 amaze mu muziki yahoranye inzozi (atashatse guhishura) ariko ahamya ko zenda kuba impamo.

Butera Knowless na Ishimwe Clemant baritegura kwizihiza imyaka 10 ishoze barushinze

Uyu muhanzi uri kwizihiza isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko, yavutse ku ya 1 Ukwakira 1991, akaba umwe mu bamaze igihe mu muziki dore ko awumazemo imyaka 20.

Mu 2011 ni bwo Butera Knowless wari ufite imyaka 20 y’amavuko yinjiye mu muziki.

Uretse kuba ari umwe mu bahanzi bamaze igihe bahagaze bwuma mu muziki ndetse akaba yarabaye icyitegererezo kuri benshi muri barumuna be, Knowless amaze igihe kinini afashe ibendera ry’umuziki w’Abanyarwandakazi.

Knowless ariko ku rundi ruhande ni umubyeyi w’abana batatu yabyaranye na Ishimwe Clement umugabo we umufasha mu bijyanye no gutunganya indirimbo ndetse n’umujyanama we mu bya muzika na nyiri KINA Music.

Ishimwe Clément na Butera Knowless bakoze ubukwe mu 2016.

Share2Tweet1Send
Previous Post

i Kigali: Habaye inama ya EAFF yahurije abayobozi n’abahinzi

Next Post

Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Abanyarwanda 5 % nibo bonyine barya inyama mu Rwanda “ Mukantwari Christine

Abanyarwanda 5 % nibo bonyine barya inyama mu Rwanda “ Mukantwari Christine

Perezida wa UNMF, Eddy Kenzo,  yashinje abantu bagoreka amagambo ye

Perezida wa UNMF, Eddy Kenzo, yashinje abantu bagoreka amagambo ye

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.