• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Butera Knowless yizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo avuge igituma uyu mwaka utandukana n’indi.

Ibi Butera Knowless yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’Impinga Media, yavuze ko uyu mwaka utandukanye n’indi 33.

Knowless yagize ati “Ni umwaka utandukanye, ndumva ntashaka k’uvuga byinshi m itangazamakuru gusa wumve ko hari ibintu umuntu aba yaragiye arota mu buzima, akabifata nk’indoto ariko ntabone inzira byazacamo ngo zibe impamo ariko igihe cyagera ubona ko bishoboka cyane vuba.”

Knowless abajijwe niba ibyo bintu hari aho bihuriye na muzika, yavuze ko kimwe mu bituma ashimira Imana kurushaho ari uko mu myaka 14 amaze mu muziki yahoranye inzozi (atashatse guhishura) ariko ahamya ko zenda kuba impamo.

Butera Knowless na Ishimwe Clemant baritegura kwizihiza imyaka 10 ishoze barushinze

Uyu muhanzi uri kwizihiza isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko, yavutse ku ya 1 Ukwakira 1991, akaba umwe mu bamaze igihe mu muziki dore ko awumazemo imyaka 20.

Mu 2011 ni bwo Butera Knowless wari ufite imyaka 20 y’amavuko yinjiye mu muziki.

Uretse kuba ari umwe mu bahanzi bamaze igihe bahagaze bwuma mu muziki ndetse akaba yarabaye icyitegererezo kuri benshi muri barumuna be, Knowless amaze igihe kinini afashe ibendera ry’umuziki w’Abanyarwandakazi.

Knowless ariko ku rundi ruhande ni umubyeyi w’abana batatu yabyaranye na Ishimwe Clement umugabo we umufasha mu bijyanye no gutunganya indirimbo ndetse n’umujyanama we mu bya muzika na nyiri KINA Music.

Ishimwe Clément na Butera Knowless bakoze ubukwe mu 2016.

Share2Tweet1Send
Previous Post

i Kigali: Habaye inama ya EAFF yahurije abayobozi n’abahinzi

Next Post

Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
24 hours ago

Mu kiganiro cyatambutse kuri Kasuku live, mugitondo cyo ku ya 14 Mutarama 2026, hatangajwe amakuru avuga ko Lueiligiht, afugiwe kuri...

Next Post
Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yitabye Imana

Abanyarwanda 5 % nibo bonyine barya inyama mu Rwanda “ Mukantwari Christine

Abanyarwanda 5 % nibo bonyine barya inyama mu Rwanda “ Mukantwari Christine

Perezida wa UNMF, Eddy Kenzo,  yashinje abantu bagoreka amagambo ye

Perezida wa UNMF, Eddy Kenzo, yashinje abantu bagoreka amagambo ye

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026
Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool
Imyidagaduro

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.