• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bruce Melodie Yahishuye ko we na Ama G Black bigeze kwiharika ku nyubako UTC

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Bruce Melodie yatangaje ko agitangira umuziki yabuze aho ahera hanyuma yigira inama yo kwihagarika ku nyubako ya UTC mu rwe rwo kugira ngo bavugwa mu bitangazamakuru ariko umunyamakuru Kalisa John bari bitezeho ko ari bubagurukeho mu nkuru ntiyabikora.

Mu kiganiro yagiranye n’abarimo Reagan Ndayishimiye na Mugenzi Faustin, Bruce Melodie yavuze ko agitangira gukora umuziki, yakoranaga cyane na Ama G The Black bararaga bakora kugira ngo bavugwe ariko bikanga kandi nta ko bagize.

Nyuma yo kubona ko kuvugwa byanze, bigiriye inama yo gushaka uburyo bwose bakoramo inkuru ngo bavugwe hanyuma n’imiziki yabo ibonereho ku menyekana kuko abanyarwanda bari bamaze kubamenya ndetse bavugwa mu itangazamakuru.

Mu gitekerezo bahurijeho, bafashe inzira bajya kwihagarika imbere y’inyubako ya UTC ngo babafotore hanyuma bavugwe mu itangazamakuru ariko Kalisa John [K John] arabakatira ababwira ko iyo nta nkuru irimo bakwiye kujya gukora imiziki ibindi bakabyihorera.

Bruce Melodie yagize ati: “Nari ndi kumwe na Ama G tukajya dukora indirimbo ariko bikanga. Buriya guhera cyera, twarakoraga tukarara muri studio, tukihiringa ariko bikanga. Tukajya tubona Kalisa John inkuru yabaye duhari akandika abandi bose twe akadusiga.”

Akomeza agira ati: “Twigira inama yo kujya … hari akantu kari muri UTC imodoka zikatiraho, ni kariya twagiye gukoreraho ibara. Tuti Kalisa John ari hehe ngo adufotore, arabyanga. Yanga kubifotora aravuga ngo iyo nta nkuru irimo.”

Nyuma y’aho, babonye ko nta handi ho kumenera hanyuma bakomeza gukora umuziki ari na bwo nyuma baje gukorana indirimbo “Igifu” nyuma Ama G akomeza akora indirimbo “Urarira” yatumye Ama G agera kure hashoboka.

Bruce Melodie nawe yarakoze cyane nyuma y’aho biza gucamo ndetse mu gihe cyo gushyira hanze indirimbo “Abu-Dhabi” yari yaratangiye kubona ibimenyetso by’uko ari nimero ya mbere mu muziki w’u Rwanda atangira kwiyita 001.

Kuri ubu, Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bakomeye mu gihugu cy’u Rwanda ndetse ubu abafana be bari mu byishimo byinshi byavuye mu ndirimbo ye ‘Pom Pom’ yakoranye na Diamond na Brown Joel.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Feffe Bussi yatangaje ko yanenze bikomeye Bebe Cool na Eddy Kenzo

Next Post

CAN 2025: Maroc na Senegal zerekanye imbaraga z’abakandida ku gikombe, zigera muri ½

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
CAN 2025: Maroc na Senegal zerekanye imbaraga z’abakandida ku gikombe, zigera muri ½

CAN 2025: Maroc na Senegal zerekanye imbaraga z’abakandida ku gikombe, zigera muri ½

Super Cup: APR FC na Rayon Sports mu ntambara y’icyerekezo gishya, abatoza n’abakinnyi bashya ku isuzuma rikomeye

Sat-B: Urugendo rwo kuva mu bukene bukabije kugera ku kuba isura y’umuziki w’u Burundi

Sat-B: Urugendo rwo kuva mu bukene bukabije kugera ku kuba isura y’umuziki w’u Burundi

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.