• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bad Black yatangaje ko akoresha uburyo gakondo bwo kwirinda gusama

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 6, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Bad Black yamaze gutangaza impamvu adashobora gukoresha uburyo bugezweho bwo kwirinda gusama inda, avuga ko akenshi yiyambaza uburyo bwo gukuramo mbere y’igihe cy’imibonano (withdrawal method).

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Bad Black yavuze ko atinya gukoresha bwa kijyambare bwo kwirinda gusama, avuga ko bushobora kugira ingaruka ku isura ye, ndetse bishobora gutuma asa “nk’umucecuru” (mannequin).

Yagize ati: “Ndumva bishobora gutuma isa n’umukino w’amashusho. Nkuramo mbere y’igihe kandi ndabyizera cyane si nasama.”

Uyu mubyeyi w’abana batanu yasobanuye ko gukuramo mbere y’igihe ari bwo buryo akunda kandi akoresha kenshi kuva kera, kandi ko yifashisha imiti yihutisha kurinda gusama inda bitateganyijwe(emergency contraceptives) gusa mu gihe cyihutirwa cyane.

Bad Black yakomeje avuga ko imiti yo kwirinda gusama inda ihenda, ndetse imugora gukoresha kenshi; avuga ko ibiciro byayo bishobora kugera hafi ya Shs 60,000, ariyo mpamvu atayikoresha keretse ari ngombwa cyane.

N’ubwo uburyo bwe budasanzwe, Bad Black avuga ko yishimira amahitamo ye kandi yizeye icyo umubiri we ukeneye.

Ibi byose abivuze mu gihe Bad Black ari gutegura ibihe bishya mu buzima bwe. Ubu arimo gutegura ubukwe bwe n’umukunzi we, Asha Panda, buzaba mu kwezi kwa Gashyantare.

Ndetse aba bombi bamaze no kwiyereka imiryango yabo  kwezi gushize, bikaba byari intambwe bateye mu rugendo rwabo rwo kurushinga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Nandor Love yatangaje ko aticuza ku gisubizo yasubije Bebe Cool

Next Post

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
14 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
15 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
19 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y'abana bivugwa ko arimo ubumara

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.