Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo mu gisekuru (ukuzimaka), cy’abahanzi bo muri Uganda uyu munyapolitiki avaga ko abona uyu muhanzikazi arimo gutanga umusanzu ugaragara mu muziki wa Uganda.
Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka Uncut, Mbidde yavuze ko Ava Peace ari umwe muhanzikazi bamushimishije, nubwo adakunze gukurikirana cyane ibijyanye n’umuziki.
Yagize ati: “Ava Peace. Sinzi cyane indirimbo ze, ariko ndamuzi. Yigeze kuririrmbana na Mudra, si byo? ‘Yego.’ Usaga indirimboze zishimishije kandi nkunda kuzibyina no kuzisubiramo ndirimba. Numva cyane umuziki wo mu gihugu, gusa nanone si jya nkurikirana abahanzi.”
Aya magambo yagaragaje ko nubwo Mbidde atita cyane ku muziki no gukurikira abahanzi bawukora, ariko indirimbo za Ava Peace avuga ko zamugezeho kubera uburyo zishimishije kandi zoroheraza abantu kubyina.
Ubwo yabazwaga niba azi n’abandi bahanzi b’abakobwa bakiri kuzamuka, ndetse niba yaba azi umuhanzikazi wamamaye nk Gloria Bugie.
Yasubije mu magambo magafi kandi adaciye ku ruhande ati: “Oya uwo sinamuzi pee!!.”






