• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ava Peace yatangaje ko yiteguye gukora igitaramo ku nshuro ya mbere

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Av Peace ubarizwa mu itsinda Team No Sleep (TNS), amaze imyaka irenga irindwi afite itera imbere rihambaye mu ruganda rw’umuziki wo muri Uganda, yavuze ko ageze igihe cyo gutegura igitaramo  cye cy’ifura.

Nubwo yashyize hanze indirimbo nyinshi kandi zakunzwe. Ava Peace ntarategura igitaramo cye cya mbere (concert), ibintu byakunze kwibazwa kenshi n’abafana be.

Icyakora yakomeje kuvuga ko atiteguye gutegura igitaramo, kuko yabonaga ko agikeneye gutegura urutonde rw’indirimbo ze ndetse no gukomeza kubaka izina rye mu muziki.

Mu myaka ibiri ishize ariko, yateye intambwe ikomeye mu bikorwa bye bya muzika, bityo bituma atangira gutekereza ko igihe kigeze cyo gutera indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Ava yatangaje ko noneho ko yiteguye, ariko ko nanone bisaba imyiteguro ihagije no gushaka umuterankunga ushobora kumufasha mu bitaramo (promoter), akabona gutangaza itariki n’aho igitaramo kizabera.

Yagize ati: “Nari nsanzwe ntekereza ko igihe kitaragera ngo gire icyo nkora, ariko nyuma yo kugisha inama abantu batandukanye, ndumva noneho niteguye kubikora. Niba hari umuterankunga ushobora ku mfasha mu bitaramo witeguye yamfasha, nanjye niteguye gukorana nawe.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Next Post

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n’inkangu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
15 minutes ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Next Post
Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n’inkangu

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n'inkangu

Jowy Landa yahakanye ubucuti bukomeye na Ava Peace

Jowy Landa yahakanye ubucuti bukomeye na Ava Peace

“Nta muhanzikazi mfata nk’inshuti ya hafi” – Ava Peace

"Nta muhanzikazi mfata nk'inshuti ya hafi" - Ava Peace

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.