Ikipe ya AS Kigali yatsinze Vision ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y’u Rwanda, ihita ica kuri Police ifata umwanya wa mbere.
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....








