RDB yadohoreye abacuruza utubari n’utubyiniro amasaha iyashyira saa kumi za mu gitondo.
Urwego rw’igihugu rw’iterambere [RDB] rwarekuye amasaha yo gufunga ibikorwa by’imyidagaduro ava saa mu nani mu minsi ya Weekend na saa saba mu mibyizi ashyirwa ku isaha ya saa kumi za mu gitondo.
Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko u Rwanda rwakiriye isiganwa ry’isi ry’amagare (UCI) rizatangira ku wa 21 Nzeri 2025 kugeza ku wa 2028 Nzeri 2025. Mu ijoro ryo ku wa 20 Nzeri 2025 inzira zose zizanyurwamo abasiganwa barazicamo bimenyereza.