• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yatangaje ko yigeze guhemukirwa mu rukundo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi A Pass yatangaje ko yigeze gucika intege mu rukundo ku nshuro ya mbere mu buzima bwe, avuga ko byabaye mu ntangiriro z’igihe yatangiriyeho gukundana.

Mu kiganiro yagiranye na NRG Radio Uganda kuri uyu wa Gatanu mu gitondo, uyu muhanzi yavuze ko gutandukana n’uwo bakundanaga byamubabaje cyane kuko byabaye atabyiteguye, kandi we yari agishaka ko bakomeza gukundana mu gihe undi we yari yamaze gufata icyemezo cyo kubivamo. A Pass yavuze ko ibyo bihe byamusigiye igikomere ku mutima.

Yagize ati: “Byari bikomeye cyane. Yahagaritse gukundana nanjye ntabyiteze. Njye nari nyisha kuguma mu rukundo. Najyaga nicara mu cyumba cyanjye amarira agatema ku matama. Ni bwo bwa mbere umutima wanjye wacitse intege mu rukundo, kandi ni na bwo bwa nyuma.”

Uyu muhanzi yasobanuye ko nubwo nyuma yaje guhura n’ibindi bibazo mu rukundo, atigeze yongera kugira igikomere gikomeye nk’icya mbere.

A Pass yavuze ko iyo yinjiye mu rukundo yitanga muri byose, agahitamo kuba inyangamugayo no kugaragaza amarangamutima ye nyakuri nubwo biba bishobora kutarangira neza.

Yangeyeho ati: “Iyo umuntu ampemukiye, ndabyakira nkavuga nti wenda ni njye wari umuswa cyangwa se nka tekereza ibindi, ariko nibura nzi ko nakoze byose nshoboye kandi nari inyangamugayo.”

Yanavuze ko ahitamo gutanga umutima we wose mu rukundo aho guhisha amarangamutima ye, gusa nanone ashimangira ko atigeze ajya mu rukundo atabyiyemeje.

Yagize ati: “Sinumva ko nashobora kujya mu rukundo ntarwishimiye ‘oya’. Nta rukundo nigeze njyamo ntarwitangiye. Ibyo ntibyigeze bnaibaho.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Abahanzi benshi ba kera nta musaruro ugaragara twakuye mu muziki” – Master Parrot

Next Post

Umuntu wahemukiwe mu rukundo yakongera agakunda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Umuntu wahemukiwe mu rukundo yakongera agakunda

Umuntu wahemukiwe mu rukundo yakongera agakunda

Ubuzima bw’Ababyeyi mu Njyana Gakondo n’Ikoranabuhanga

Ubuzima bw’Ababyeyi mu Njyana Gakondo n’Ikoranabuhanga

A Pass yatangaje yashize studio ye bwite izamufasha gukora cyane

A Pass yatangaje yashize studio ye bwite izamufasha gukora cyane

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.