• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yakomeretse nyuma yo fukubitwa n’abantu batatu atazi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 18, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi A Pass yatangaje ko yakomeretse nyuma yo gukubitwa, avuga ko byabaye mu gihe cy’amatora ya Perezida n’Abadepite yabaye ku itariki ya 15 Mutarama 2026.

Uganda yari mu matora mu gihe umutekano wari wakanjijwe cyane, ndetse na internet ikaba yari yarakuweho muri iki gihugu hose. Mu mashusho uyu muhanzi yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram,  A Pass yavuze ko yagabweho igitero ubwo yari hafi y’aho bakoreranga amatora ( site).

 Uyu muhanzi avuga ko ibi byabaye, byabereye ahantu hatarenze metelo 50, uvuye ku biro by’amatora, aho avugako yatezwe n’abantu batatu.

Yagize ati: “Baranteze bankubitira hafi neza y’ibiro by’itora. Nakubiswe n’abantu ntazi n’icyo dupfa,? Sinigeze mbamenya  — gusa icyo nabashije kumenya n’uko bari abantu batatu, babiri bambaye impuzankano ya gisirikare undi yambaye bisanzwe.”

A Pass, ushyigikira ishyaka rya National Unity Platform (NUP), kandi amaze igihe akora ibikorwa byamagana akarengane n’ikoreshwa nabi ry’ubutegetsi, yavuze ko icyo gitero cyamugabweho nta mpamvu n’imwe azi yabiteye .

Nyuma y’ayo matora, Komisiyo y’Amatora ya Uganda yatangaje Perezida Yoweri Kaguta Museveni ko ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, atsindiye ku majwi asaga 70% y’amajwi yose yemewe muri rusange.

Share2Tweet1Send
Previous Post

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

Next Post

Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Kiliziya n’Akarere ka Musanze bahakanye amakuru y’amabonekerwa ya Bikira Mariya

Kiliziya n’Akarere ka Musanze bahakanye amakuru y’amabonekerwa ya Bikira Mariya

CAN 2025: Guhusha ‘Panenka’ kwa Brahim Diaz kwahinduye amateka y’umukino wa Maroc na Senegal

CAN 2025: Guhusha ‘Panenka’ kwa Brahim Diaz kwahinduye amateka y’umukino wa Maroc na Senegal

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.