• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Sunday, January 18, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yakomeretse nyuma yo fukubitwa n’abantu batatu atazi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 18, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi A Pass yatangaje ko yakomeretse nyuma yo gukubitwa, avuga ko byabaye mu gihe cy’amatora ya Perezida n’Abadepite yabaye ku itariki ya 15 Mutarama 2026.

Uganda yari mu matora mu gihe umutekano wari wakanjijwe cyane, ndetse na internet ikaba yari yarakuweho muri iki gihugu hose. Mu mashusho uyu muhanzi yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram,  A Pass yavuze ko yagabweho igitero ubwo yari hafi y’aho bakoreranga amatora ( site).

 Uyu muhanzi avuga ko ibi byabaye, byabereye ahantu hatarenze metelo 50, uvuye ku biro by’amatora, aho avugako yatezwe n’abantu batatu.

Yagize ati: “Baranteze bankubitira hafi neza y’ibiro by’itora. Nakubiswe n’abantu ntazi n’icyo dupfa,? Sinigeze mbamenya  — gusa icyo nabashije kumenya n’uko bari abantu batatu, babiri bambaye impuzankano ya gisirikare undi yambaye bisanzwe.”

A Pass, ushyigikira ishyaka rya National Unity Platform (NUP), kandi amaze igihe akora ibikorwa byamagana akarengane n’ikoreshwa nabi ry’ubutegetsi, yavuze ko icyo gitero cyamugabweho nta mpamvu n’imwe azi yabiteye .

Nyuma y’ayo matora, Komisiyo y’Amatora ya Uganda yatangaje Perezida Yoweri Kaguta Museveni ko ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, atsindiye ku majwi asaga 70% y’amajwi yose yemewe muri rusange.

Share2Tweet1Send
Previous Post

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

Next Post

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

by Alex RUKUNDO
18 minutes ago

Eva Apio yagiye muri Maroc, aho arikumwe n’inshutiy ze, ndetse bikaba bivugwa ko ku wa Gatandatu ariho yakurikiriye umukino w’umupira...

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Itsinda riramya rikanahimbaza Imana rya Comfort People Ministries ryatangije umwaka wa 2026 rishyira hanze indirimbo nshya bise ‘Celebration’, indirimbo irenze...

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000  (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi...

Next Post
Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo
Imyidagaduro

Eva Apio na Calvin Bassey biravugwa ko baba bari mu munyenga w’urukundo

by Alex RUKUNDO
January 18, 2026
A Pass yakomeretse nyuma yo fukubitwa n’abantu batatu atazi
Imyidagaduro

A Pass yakomeretse nyuma yo fukubitwa n’abantu batatu atazi

by Alex RUKUNDO
January 18, 2026
‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat
Imyidagaduro

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

by MUNYANKINDI Alphonse
January 18, 2026
Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000
Amateka

Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000

by MUNYANKINDI Alphonse
January 18, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.