• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ziza Bafana yashinje inzego z’ishinzwe abinjira n’abasohoka muri Uganda kuba intandaro ry’isubakwa ry’ibitaramo bye

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’Umunya-Uganda uzwi cyane mu njyana ya Dancehall, Richard Kasendwa wamamaye ku izina rya Ziza Bafana, yateye utwatsi ibivugwa ko yaba yarirukanywe i Amsterdam mu minsi ishize.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko yari afite gahunda yo kuririmbira mu bitaramo bibiri, kimwe cyari giteganyijwe i Amsterdam mu Buholandi ikindi mu Budage.

Icyakora avuga ko akigera i Amsterdam yasabwe kugaragaza uruhushya rumwemerera gukorera akazi muri iki gihugu (work permit), ariko biza kugaragara ko atari arufite, bituma atemererwa gukomeza gahundaze yari afite.

Uyu muhanzi wiyita Katonda Wa Ragga yashimangiye ko atigeze yirukanwa nk’uko bamwe  ku mbuga nkoranyambaga babivugaga.

Yagize ati: “Sini rukanywe i Amsterdam nk’uko bivugwa. Ahubwo nasabwe kugaruka muri Uganda ngo mbanze nshyire ku murongo impapuro z’ingendo zanjye no gushaka uruhushya runyemerera gukorerayo ibitaramo. Ibyo abantu bavuga si byo.”

Ziza Bafana yanashinje inzego zishinzwe ingendo muri Uganda kuba arizo zatumye ibikorwa bye bitagenda neza, bigatuma ibitaramo bye byari biteganyijwe mu Buholandi no mu Budage bisubikwa.

Share4Tweet2Send
Previous Post

Rickman Manrick yasabye miliyoni 100 z’amashilingi kugira ngo asubire muri Wrestling”nkangara”

Next Post

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.