• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo

Peacemaker PUNDIT by Peacemaker PUNDIT
August 12, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Weasel Manizo nyuma y’iminsi itanu arwariye mu bitaro bya Nsambya yatashye aho azakomeza kwitabwaho n’abaganga.

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo
Nyuma y’iminsi itanu Weasel Manizo avurirwa imvune y’amaguru mu bitaro bya Nsambya, kuri ubu yagiye kurwarira mu rugo.


Ni amakuru yagiye yanze kuri uyu wa 12 Kanama 2025 aho Weasel Manizo yasohotse mu bitaro ari mu kagare gakoreshwa n’abafite ibibazo by’amaguru.

Yatashye ari gusunikwa na mukuru we Jose Chameleone wamubaye hafi kuva ku wa 7 Kanama 2025 ubwo yajyaga mu bitaro amaze kugongwa inshuro eshatu na Teta Sandra babyaranye abana babiri.


Kuva mu 2019 Weasel Manizo yakundana na Teta Sandra umubano wabo waranzwe n’intambara za hato na hato kugeza ubwo mu 2022 Teta Sandra yatashye mu Rwanda nyuma y’uko yakubiswe agakurwamo amenyo.


Kuri ubu haribazwa ikizakurikira igihe Weasel Manizo yaba akize iyo mvune niba hazabaho kwihorera cyangwa se azemera guca bugufi akubaka n’ubwo umuryango w’abamayanja ikijyanye no kugira umuryango utekanye byarabananiye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Adekunle Gold, D’banj na Stonebwoy baririmbiye Davido mu bukwe

Next Post

ibyavugiwe mu rubanza rw’abasirikare n’abasivile

Peacemaker PUNDIT

Peacemaker PUNDIT

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post

ibyavugiwe mu rubanza rw'abasirikare n'abasivile

Umwanzuro w’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare usaba urukiko ifunga ry’agateganyo abarimo Rugaju Reagan

Nufashwa Yafasha Organization yasohoye Raporo y’ibikorwa by’umwaka 2024 – 2025.

Nufashwa Yafasha Organization yasohoye Raporo y'ibikorwa by’umwaka 2024 - 2025.

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.