• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo

Peacemaker PUNDIT by Peacemaker PUNDIT
August 12, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Weasel Manizo nyuma y’iminsi itanu arwariye mu bitaro bya Nsambya yatashye aho azakomeza kwitabwaho n’abaganga.

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo
Nyuma y’iminsi itanu Weasel Manizo avurirwa imvune y’amaguru mu bitaro bya Nsambya, kuri ubu yagiye kurwarira mu rugo.


Ni amakuru yagiye yanze kuri uyu wa 12 Kanama 2025 aho Weasel Manizo yasohotse mu bitaro ari mu kagare gakoreshwa n’abafite ibibazo by’amaguru.

Yatashye ari gusunikwa na mukuru we Jose Chameleone wamubaye hafi kuva ku wa 7 Kanama 2025 ubwo yajyaga mu bitaro amaze kugongwa inshuro eshatu na Teta Sandra babyaranye abana babiri.


Kuva mu 2019 Weasel Manizo yakundana na Teta Sandra umubano wabo waranzwe n’intambara za hato na hato kugeza ubwo mu 2022 Teta Sandra yatashye mu Rwanda nyuma y’uko yakubiswe agakurwamo amenyo.


Kuri ubu haribazwa ikizakurikira igihe Weasel Manizo yaba akize iyo mvune niba hazabaho kwihorera cyangwa se azemera guca bugufi akubaka n’ubwo umuryango w’abamayanja ikijyanye no kugira umuryango utekanye byarabananiye.

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Adekunle Gold, D’banj na Stonebwoy baririmbiye Davido mu bukwe

Next Post

ibyavugiwe mu rubanza rw’abasirikare n’abasivile

Peacemaker PUNDIT

Peacemaker PUNDIT

IZINDI NKURU WASOMA

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
2 days ago

rikaba rizitabirwa n'abahanga imideli bo mu bihugu nka South Africa, Kenya, Central Africa, Rwanda, USA na Senegal n’abamurika imideli babigize...

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
2 days ago

Umuyobozi Mukuru w'Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB yabengutse umuziki wa Ruti Joel dore ko amufata nk'umuhanzi w'ibihe byose mu Rwanda. Umuyobozi...

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Kevin kade yasobanuye impamvu, yavuye muri Iwacu na muzika festival 2025, yari umwe mu batoranyijwe muri ibyo bitaramo byamaze iminsi...

Next Post

ibyavugiwe mu rubanza rw'abasirikare n'abasivile

Umwanzuro w’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare usaba urukiko ifunga ry’agateganyo abarimo Rugaju Reagan

Nufashwa Yafasha Organization yasohoye Raporo y’ibikorwa by’umwaka 2024 – 2025.

Nufashwa Yafasha Organization yasohoye Raporo y'ibikorwa by’umwaka 2024 - 2025.

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.