• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Rickman Manrick yasabye miliyoni 100 z’amashilingi kugira ngo asubire muri Wrestling”nkangara”

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Rickman Manrick ashyize azamuye ibiciro mu mukino w’ibyamamare wo bazahurira muri Ring( Boxing,Wrestling), avuga ko uwo bazahura ubutaha agomba kuzana miliyoni 100 z’amashilingi ku meza.

Nyuma yo gutsinda Grenade Official ndetse na Shakib Lutaaya, Rickman yavuze ko atazongera kwinjira mu kibuga(nkangara) keretse amafaranga ari menshi ndetse bagaha agaciro igihe cye n’imbaraga ashyiramo.

Yagize ati: “Nzogera gusubira cyagwa kwakira ihatana igihe amafaranga ahari kandi ahagije. Niba hari undi ushaka kurwana nanjye, abanze ashake miliyoni 100 z’amashilingi, kandi cash.”

Ariko kandi, Rickman yanasekeje abantu ubwo yasubizaga abari bamubajije, abasubiza mu buryo bwo gutebya ko atari “gutanga amashanyarazi”—imbwirwaruhame ikoreshwa mu slang isobanura ko atifuza guha abandi ubwamamare cyangwa agaciro binyuze mu kurwana nawe.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Abaturage bo mu Bugereki banze kubyara

Next Post

Ziza Bafana yashinje inzego z’ishinzwe abinjira n’abasohoka muri Uganda kuba intandaro ry’isubakwa ry’ibitaramo bye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Ziza Bafana yashinje inzego z’ishinzwe abinjira n’abasohoka muri Uganda kuba intandaro ry’isubakwa ry’ibitaramo bye

Ziza Bafana yashinje inzego z’ishinzwe abinjira n'abasohoka muri Uganda kuba intandaro ry'isubakwa ry'ibitaramo bye

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.