• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Pasiteri Bugembe tayangaje ko azarekera gukora umuziki afite imyaka 60

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 15, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Pasiteri Wilson Bugembe arateganya gukomeza gukora umuziki no gutegura ibitaramo bizibukwa kugeza ageze ku myaka 60.

Mu myaka makumyabiri ishize, Pasiteri Wilson Bugembe yakomeje gukora indiribo ku buryo buhoraho, ashimisha abantu n’indirimbo ze zubaka kandi zitanga ubutumwa, zinateza imbere byogeyeho zisetsa.

Mbere y’ibitaramo bye byitabarw n’abatari bake muri Kampala Serena Hotel, uyu pasiteri wa The Worship House yavuze ko afite gahunda yo gukomeza gushimisha abafana be abaha ibihangano bishya kugeza ageze ku myaka 60.

Pasiteri Bugembe tayangaje ko azakomeza gukora umuziki

Ati:“ Ndashaka gukomeza kubatumira mu bitaramo byinshi ndetse mbaha n’indirimbo shya, kandi tuzahora twibuka ibihe byiza twagiranye,” ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere washize mu gitaramo cye cya mbere .

Yagize ati:“ Ndashaka gukomeza kubatumira kugira ngo muzaze kwishimana nanjye mu ndirimbo zanjye muri ibi byumweru byose by’ingenzi mu muziki wnjye. Ndetse n’igihe nzaba maze imyaka 30 mu muziki, 40, tuzakomeza kwizihiza kugeza igihe nzaba mfite imyaka 60. Ni bwo tuzavuga ngo turashoje tugiye kuruhuka.”

Pasiteri Wilson Bugembe akomeje gutegura ibitaramo, aho bitatu muri byo byabaye kandi  byagenze neza, kandi akomeje kwandika amateka mu ruganda rw’imyidagaduro.

Share8Tweet5Send
Previous Post

Abahanzi 25 batumye Nigeriya imenyekana

Next Post

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu na bagenzi be

Umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu na bagenzi be

Rubavu: uko bimeze ahagiye gusorezwa Mtn Iwacu na Muzika

Rubavu: uko bimeze ahagiye gusorezwa Mtn Iwacu na Muzika

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.