• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Pasiteri Bugembe tayangaje ko azarekera gukora umuziki afite imyaka 60

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 15, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Pasiteri Wilson Bugembe arateganya gukomeza gukora umuziki no gutegura ibitaramo bizibukwa kugeza ageze ku myaka 60.

Mu myaka makumyabiri ishize, Pasiteri Wilson Bugembe yakomeje gukora indiribo ku buryo buhoraho, ashimisha abantu n’indirimbo ze zubaka kandi zitanga ubutumwa, zinateza imbere byogeyeho zisetsa.

Mbere y’ibitaramo bye byitabarw n’abatari bake muri Kampala Serena Hotel, uyu pasiteri wa The Worship House yavuze ko afite gahunda yo gukomeza gushimisha abafana be abaha ibihangano bishya kugeza ageze ku myaka 60.

Pasiteri Bugembe tayangaje ko azakomeza gukora umuziki

Ati:“ Ndashaka gukomeza kubatumira mu bitaramo byinshi ndetse mbaha n’indirimbo shya, kandi tuzahora twibuka ibihe byiza twagiranye,” ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere washize mu gitaramo cye cya mbere .

Yagize ati:“ Ndashaka gukomeza kubatumira kugira ngo muzaze kwishimana nanjye mu ndirimbo zanjye muri ibi byumweru byose by’ingenzi mu muziki wnjye. Ndetse n’igihe nzaba maze imyaka 30 mu muziki, 40, tuzakomeza kwizihiza kugeza igihe nzaba mfite imyaka 60. Ni bwo tuzavuga ngo turashoje tugiye kuruhuka.”

Pasiteri Wilson Bugembe akomeje gutegura ibitaramo, aho bitatu muri byo byabaye kandi  byagenze neza, kandi akomeje kwandika amateka mu ruganda rw’imyidagaduro.

Share8Tweet5Send
Previous Post

Abahanzi 25 batumye Nigeriya imenyekana

Next Post

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu na bagenzi be

Umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu na bagenzi be

Rubavu: uko bimeze ahagiye gusorezwa Mtn Iwacu na Muzika

Rubavu: uko bimeze ahagiye gusorezwa Mtn Iwacu na Muzika

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.