Ni iki gikoma mu nkokora ubwitabire bw’ubwiteganyirize bw’izabukuru mu Rwanda?
Ubwiteganyirize bw’izabukuru mu Rwanda bugeze ku 9.3%, kuko bamwe mu bakora imirimo itanditse ngo batiteganyiriza cyangwa ngo bateganyirizwe n’abakoresha babo.
Ubwiteganyirize bw’izabukuru mu Rwanda bugeze ku 9.3%, kuko bamwe mu bakora imirimo itanditse ngo batiteganyiriza cyangwa ngo bateganyirizwe n’abakoresha babo.
Kapiteni w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu y’u Buhorandi, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatangiye ibiganiro na Liverpool bigamije kongera amasezerano.
Biragoye ku mukobwa wiyemeza kwinjira mu muziki bitewe n’ibicantege byinshi bahura nabyo kubera ko baba basabwa kurara amajoro baririmba n’ibindi bisa nkabyo bisaba kwitanga. Gusa bimaze kumenyerwa ko umuziki ari umwuga utanga amafaranga menshi mu gihe ukorwa neza.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yerekeje mu gihugu cya Canada, aho agiye gukorera ibitaramo bine, asiga avuze ko nta mikoranire yihariye yagiranye na 'Fatakumavuta' nk'uko byagiye bivugwa mu bihe bitandukanye.
Fondasiyo Nyafurika y'Ishuri ry'Imiyoborere (African School of Governance/ ASG Foundation) ifite icyicaro gikuru i Kigali mu Rwanda, yashyizeho Umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu nk'umuyobozi mukuru w'ikigo gishya cy'imiyoborere yatangije.