Mali yabonye ubwigenge! Ibyaranze iyi tariki mu mateka y’Isi
Ibintu biba byarabaye kuri iyi tariki mu myaka yashize ni byinshi cyane ariko uyu munsi, InyaRwanda yaguhitiyemo bimwe mu by’ingenzi bidateze kwibagirana mu mateka y’isi.
Ibintu biba byarabaye kuri iyi tariki mu myaka yashize ni byinshi cyane ariko uyu munsi, InyaRwanda yaguhitiyemo bimwe mu by’ingenzi bidateze kwibagirana mu mateka y’isi.
Imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w'Iburayi ya UEFA Champions League igeze ku munsi wayo wa gatatu aho harakinwa imikino irimo uwa Real Madrid na Borussia Dortmund naho FC Barcelona yakire umwanzi wayo FC Bayern Munich.
Padiri Byamugisha wari Padiri mukuru wa Paruwasi ya Nyabuhikye, iherereye mu karere ka Ibanda muri Arikidiyosezi ya Mbarara, yitabye Imana azize impanuka y'Imodoka.
Ubwiteganyirize bw’izabukuru mu Rwanda bugeze ku 9.3%, kuko bamwe mu bakora imirimo itanditse ngo batiteganyiriza cyangwa ngo bateganyirizwe n’abakoresha babo.
Kapiteni w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu y’u Buhorandi, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatangiye ibiganiro na Liverpool bigamije kongera amasezerano.