Abakorewe ihohoterwa bashobora gusigara iheruheru nyuma y’ihagarikwa ry’inkunga ya USAID
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere (USAID) cyahagaritse gahunda yo gutanga ibikoresho by’ubuvuzi byagenewe abarokotse ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubwo amakimbirane yafata intera mu ntangiriro z’umwaka wa 2025. Ibyo bikoresho, bizwi ku izina...









