Numvaga nshaka kurema agatima abantu- Fireman asobanura Album ye ‘Bucyanayandi’
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze Album ye ya kane, kandi yayikoranyeho n’abahanzi banyuranye.
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze Album ye ya kane, kandi yayikoranyeho n’abahanzi banyuranye.
Umutwe w'Abadepite watoye abadepite batatu bazahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP) barimo Bitunguramye Diogene, Wibabara Jennifer na Tumukunde Aimée Marie Ange.
Umuhanzi Afrique Joe yatangaje ko yageze ku mwanzuro wo gushyira hanze Album ye ya mbere “N2STAY” ni nyuma y’igihe cyari gishize ayiteguje abafana be n’abakunzi b’umuziki ariko amaso agahera mu kirekire.
Umutoza w'ikipe ya Kaizer Chiefs,Nasreddine Nabi yashimagije umunyezamu w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi,Ntwari Fiacre nyuma y'uko arangije umukino wa mbere atanjijwe igitego.