• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Pacson wavunitse itako ategereje kubagwa

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
March 29, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako.

Pacson yavuze ko amaze icyumweru kirenga mu buriri kubera iyi mvune.

Yavuze ko yagize iyi mvune ku wa 19 Werurwe 2026 ubwo yari agiye kugura umugati muri ‘supermarket’ ahuriramo n’umwe mu bafana be aramuhobera akoresheje imbaraga nyinshi.

Ati “Hari abantu bakoresha imbaraga nyinshi, yaraje arampobera ati Pacson nari ngukumbuye, nyuma yaransunitse ngwa hasi mpita mvunika.”

Pacson ahamya ko yabanje kugerageza kwikanda akeka ko byoroshye, nyuma afata icyemezo cyo kujya kwa muganga, bamunyujije mu cyuma basanga yaravunitse igufa ryo ku itako.

Uyu muraperi kuri ubu ugorwa no kuva mu rugo, avuga ko ari kunyura mu buribwe bukomeye. Ni imvune ahamya ko izamara iminsi cyane ko ategereje kujya kureba umuhanga mu byo kubaga amagufa bakamubaga.

Pacson yashimiye inshuti ze zikomeje kumuba hafi, avuga ko kimwe mu bintu aba yumva akeneye ari igare ryamufasha kuba yava aho ari mu gihe ategereje kubagwa.

Pacson ni umwe mu baraperi bafatwa nk’inkingi ya mwamba mu baharaniye iterambere rya Hip Hop mu Rwanda.

Pacson ahanya ko yavunitse igufa ryo mu itako
Share2Tweet1Send
Previous Post

Sosiyete ya Tecno yamuritse Camon 50 Series ikoranye na AI

Next Post

“Siniyumvisha ukunu gize imyaka 37 nkiri ingaragu” – Jason Derulo

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu ryitwa B2C Entertainment ryatangaje ko ritita ku makimbirane aterwa n’umuziki cyagwa aturuka ku bahanzi, ibi babitagaje...

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya...

Next Post
“Siniyumvisha ukunu gize imyaka 37 nkiri ingaragu” – Jason Derulo

"Siniyumvisha ukunu gize imyaka 37 nkiri ingaragu" - Jason Derulo

21 Savage yaciye amarenga ko umwana Latto atwite ari uwe

21 Savage yaciye amarenga ko umwana Latto atwite ari uwe

Umunyarwanda Aminu Iradukunda uri mu bayobora ibihangano by’abahanzi bakomeye ku Isi

Umunyarwanda Aminu Iradukunda uri mu bayobora ibihangano by’abahanzi bakomeye ku Isi

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu
Imyidagaduro

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026
“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C
Imyidagaduro

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.