• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Naricujije gukorana indirimbo na bamwe mu bahanzi” – Dax Vibez

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nubwo mu myaka ibiri ishize yakoze indirimbo nyinshi ndetse ahakaba harimo n’izo yakoranye n’abandi bahanzi zakunzwe cyane, umuhanzi Dax Vibez wo mu itsinda rwa Vibrationz Entertainment yavuze ko hari bamwe mu bahanzi yicuza kuba yarakoranye na bo muri zimwe muri izo ndirimbo.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Dax Vibez yavuze ko gukorana n’umuhanzikazi umwe byamunaniye kubera imyitwarire itari myiza, kuko ngo yanze kumufasha ku kumenyekanisha indirimbo bakoranye.

Yagize ati: “Nicujije gukorana indirimbo na bamwe mu bahanzi. Hari abo mukorana bakumva ko bagufashije, nyamara rimwe na rimwe ari wowe uba ubafasha.”

Dax Vibez yavuze ko iyo abahanzi nk’abo banze kumenyekanisha indirimbo bakoranye na bangenzi babo, baba bagaragaza kwikunda cyane n’imyitwarire idakwiye, cyane cyane ko ba batekereza ko iyo ndirimbo ari wowe izagirira umumaro, nayamara nawe ishobora ku mugirira akamaro ku kurusha.

Ku rundi ruhande ariko, yashimye Jowy Landa, Vinka na Ava Peace, avuga ko uburyo bamufashije ku menyekanisha indirimbo bakoranye byarenze ibyo yari yiteze.

Yanavuze ko nubwo akomeje kugira ibitekerezo byo gukorana n’abandi bahanzi, ubu yahisemo kujya akorana gusa n’abo afitanye umubano mwiza.

Na ho umuhanzi Crysto Panda na we yasabye abahanzi gufata inshingano zo ku kumenyekanisha ibihangano bakoranye na bangenzi babo, cyane ko biba bifitiye akamaro impande zombi.

Yagize ati: “Abahanzi bakwiye gufata inshingano zo ku menyekanisha ibihangano bakoranye na bandi nk’akazi kabo. Niba mwagiye muri studio mugakorana indirimbo n’undi muhanzi, kuki nyuma bigorana kongera kubonana ngo mufatanye kuyimenyekanisha?”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Hon. Robert Migadde Ndugwa yasobanuye iby’amafaranga yagenewe umuryango wa Ssegirinya

Next Post

“Abahanzi benshi ba kera nta musaruro ugaragara twakuye mu muziki” – Master Parrot

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
“Abahanzi benshi ba kera nta musaruro ugaragara twakuye mu muziki” – Master Parrot

"Abahanzi benshi ba kera nta musaruro ugaragara twakuye mu muziki" - Master Parrot

A Pass yatangaje ko yigeze guhemukirwa mu rukundo

A Pass yatangaje ko yigeze guhemukirwa mu rukundo

Umuntu wahemukiwe mu rukundo yakongera agakunda

Umuntu wahemukiwe mu rukundo yakongera agakunda

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.