• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Kevin kade yasobanuye impamvu, yavuye muri Iwacu na muzika festival 2025, yari umwe mu batoranyijwe muri ibyo bitaramo byamaze iminsi bizenguruka mu ntara zitandukanye cyane ko yari yitabiriye ibiganiro n’itangazamakuru akemeza ko azaba yarwambariye kandi n’imodokaye yari iriho ibirango byamamaza iwacu muzika festival 2025,

Kevin Kade mu ikiganiro yagiranye n’umyunyamakuru w’Impinga yavuze ko iyo igihugu kiguhamagaye witaba ati:” nabanje gususurutsa abanyarwanda baba hanze y’igihugu mu gikorwa cya Rwanda Convetion cyari cyateguwe n’abanyarwanda baba hanze na ambasade y’abanyarwanda iba muri Amerika bisobanuye ko bitari kunkundira ko ngaruka ngo mpite njya muri Iwacu muzika na festival2025.”

Akomeza avuga ko ubutaha zagaragaramo kuko ari igikorwa ngaruka mwaka kandi dufitanye imikoranire myiza ati:” Ntabwo ntekereza ko ari ubwanyu mbashije kuba nitesheje amahirwe muri Iwacu na muzika festival 2025, ikindi si ubwa mbere nari ngiye kuyikoramo no muri Covi-19 nigeze kuyikoramo.”

Abajijwe niba atarafashe umwazuru wo kujya muri Amerika kubera ko yari gufatirana amahirwe yo gufatira yo amashusho yashyize mu ndirimbo yasohoye yitwa nyanja yasubije agira ati:”Ntabwo amashusho yandutira abakunzi banjye, kampani zigira ukuntu zikora bitandukanye cyane ko haba hari umurongo w’amasezerano, ntabyo navuga ariko ndizera ko izindi zizaza zabona amahirwe yo gukoramo.

Yabajijwe niba ntawundi Muyobozi( Management) arabona yagize ati:” Oya, njye ndikorera ahubwo mfite abo dufatanyije mu kazi ka buri munsi ariko nta bayobozi( Rebo Management) fite.”

Yongeho ati:” Kugira ngo nkorane na Alikib n’igitekerezo cyavuye ku Bayobozi (Rebo Management) be, bashatse umuhanzi ufite imbaranga kandi arebwa cyane icyogeyo ukora ibintu bikuzwe, bahitamo njyewe ko twakorana ku byogera isoko. ntekerazako ari umuhanzi nkunda cyene ko mufataho ikitegererezo, rero gukotana nawe byafasha kuzamuara izna ryanjye ikindi atanyishyuje, rero mbonye ubutumwa bubisaba mpita fatira amahirwe.”

Yakomeje avuga ko bamaze gukora indirimbo yabaye iyambere yarembwe cyane mu gihugu cyabo cyane ko yabashije kugera ku mwanya wa gatatu, n’iyo ndirimbo  y’umunyarwanda yabashije kugera ku mwanya wa gatatu mu gihugu cya Tanzania mu mateka y’u Rwanda kuko ntibarigera babikora kuko nta ndirimbo nyinshi zihuriweho n’abanyarwanda n’abatanzania zihari.

Muyandi makuru avugwa nuko Waboy wamamaye nka Yamano waririmbye indiri mbo yatumye amanyekana cyane “NGO” yahuriyemo na Papa Cyagwe, nuko yahamagawe mu Karere ka Ruhango, ngo ajye kuriramba mu birori bizwi nka mbayi mbayi biruhuko ( Bey bey vacancies) niyajya yo ahamagawe ntiyabasha guta telefoni.

Ariko amakuru Ahari n’uko yaje kuyitaba nyuma nka sakumi nebyiri ababwira ko imodoka yamupfiriho ari mu nzira ajyayo.

Share4Tweet3Send
Previous Post

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

Next Post

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

Ariel Wayz na Babo barafunze

Ariel Wayz na Babo barafunze

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.