• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Hateguje impinduka zikomeye mu birori bya ‘Zacu Gala’

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 18, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Ku nshuro ya kabiri, ubuyobozi bwa Zacu Entertainment bwemeje ko bugiye kongera gukora ibirori byiswe ‘Zacu Gala’ ku nshuro kabiri ariko noneho bikazaba bivuguruye ugereranyije n’ibyabaye ku nshuro mbere.

Mu kiganiro IGIHE yagiranye na Frank Kanyamurera ushinzwe iyamamazabikorwa bya Zacu Entertainment, yavuze ko ibirori by’uyu mwaka bizaba bitandukanye n’ibyabaye umwaka ushize.

Ati “Umwaka ushize twatangije ibi birori gusa byari bito kuko byari ibyo kwishimana n’abantu twagiye dukorana, gusa kuri iyi nshuro twaguye iki gikorwa kuko noneho turi gutumira abantu bose bafite aho bahuriye n’imyidagaduro yaba abakinnyi ba sinema, abahanzi n’abandi batandukanye.”

Gratien Niyigeka ni umwe mu baamaze igihe muri sinema nyarwanda usanzwe akorana na Zacu Entertainment

Yakomeje ahamya ko bari gukora ibishoboka byose kugira ngo bategure ibirori bikomeye byashimisha abakinnyi ba sinema ariko bikabahuza n’ababa mu yindi si y’imyidagaduro.

Ati “Inshuro nyinshi usanga nta gikorwa gihari kiduhuza nk’abakora sinema yewe tukaba twasabana n’abandi babarizwa mu yindi si y’ubwamamare, nibyo rero turi kubaka mu cyo twise ‘Zacu Gala’ kandi twizeye ko bizagenda neza.”

Iki gikorwa kigiye kuba ku nshuro ya kabiri nubwo icyabaye umwaka ushize cyo cyari icyo guhuriza abakinnyi n’abandi bakoranye na Zacu Entertainment mu birori byo gusoza umwaka, kuri ubu bakaba bifuje kubyagura bikarushaho kuba binini.

Kwinjira mu birori bya ‘Zacu Gala’ biteganyijwe kubera muri M Hotel, bizaba ari ukuba ufite ubutumire.

Tessy Divine Kayonga benshi bamukunze nka Kaliza muri seri ya Kaliza wa Kalisa
Umuyobozi mukuru wa Zacu Entertainmnet, Wilson Misago yasoje umwaka afatanye ifoto n’umuyobozi mukuru wa CANAL+ Rwanda, Sophie Tchatchoua
Share2Tweet1Send
Previous Post

True Love ya The Ben Yanditse Amateka: Uko Abanyarwanda Bahesheje Ishema Muziki w’Akarere

Next Post

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Amerika: James na Daniella batangaje ko bagiye gutarama muri ‘Endless Worship Concert’

Amerika: James na Daniella batangaje ko bagiye gutarama muri 'Endless Worship Concert'

Acuranga Guitar, Piano na Saxophone: Ibyihariye kuri Esther n’uko yakundishijwe umuziki

Acuranga Guitar, Piano na Saxophone: Ibyihariye kuri Esther n'uko yakundishijwe umuziki

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.