Umuhanzikazi Celine Uwase uzwi mu ndirimbo “Umugambi” yongeye gukora mu nganzo yibutsa abantu kugarukira Imana bakava mu nzira y’irimbukiro. Ni mu ndirimbo y’amashusho “Garukira Aho” yatunganyijwe na Eliel Filmz, ikaba yakiranywe urugwiro n’abakunzi b’umuziki wa Gospel.
Digital Transformation Week 2024: ICT Chamber mu rugamba rwo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Rwanda
Digital Transformation Week 2024: Icyumweru cy'impinduka mu ikoranabuhanga.







