Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yihanganishije abatoza b’iyi kipe nyuma y’uko batishimiye ko batahawe imishahara yabo mu gihe abakinnyi bo bahembwe, by’umwihariko mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka. Rayon Sports, ifite ubuyobozi bushya bw’inzibacyuho, yari yiyemeje gukemura...
Igikombe cy'Afurika kigiye gukinwa ku nshuro ya 35 kikazabera muri Maroc kuva ku itariki ya 21 y'uku kwezi kw'Ukuboza (12), naho umukino wa nyuma ukazabera i Rabat mu murwa mukuru w'icyo gihugu ku itariki ya 18 Mutarama (1)...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko igikoresho kizwi nka Vuvuzela kitazongera kwemererwa gukoreshwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc, kizatangira tariki ya 21 Ukuboza 2025 kirangire ku ya 18 Mutarama 2026. Iki cyemezo...
Umunezero ukabije w’abafana b’umupira w’amaguru mu Buhindi wo kwakira icyamamare Lionel Messi wahindutse ibyago, nyuma y’imvururu zabereye mu kibuga cya Salt Lake Stadium i Kolkata. Abafana bari bitabiriye ibirori byo kumwakira bagaragaje uburakari bukomeye nyuma yo kutabona uko...
Nyuma y’amezi arindwi n’amasiganwa atanu yikurikiranye, u Rwanda rwabonye umupilote mushya wegukanye igikombe cya Shampiyona y’Igihugu yo gusiganwa mu modoka mu 2025. Uwo ni Kalimpinya Queen, wabigezeho ku wa 6 Ukuboza 2025 nyuma yo gutsinda Rallye des Mille...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere (RGB) rwasohoye icyemezo gikomeye cyo gusesa inzego zose zari zifite ububasha mu ikipe ya Rayon Sports Association, rishyiraho Komite y’Inzibacyuho igizwe n’abantu batanu iyobowe na Abdallah Murenzi. Ibi byatangajwe nyuma y’inama yabaye ku wa...
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool iy’igihugu cya Portugal, Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Zamora, mu majyaruguru ya Espagne, nk’uko byemejwe n’urwego rushinzwe umutekano rwa Guardia Civil. Murumuna we, André Filipe, na we yahasize ubuzima...
Lions de Fer na 1000 Hills Rugby zegukanye Irushanwa rya Rugby ryo Kwibuka
Uyu mukino w’Umunsi wa 28 wa Shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 2025, wahagaze ku munota wa 57 kubera imvururu.
Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Volleyball Club mu bagore ni zo zegukanye igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere ya Volleyball y’umwaka w’imikino wa 2024/25. Imikino ya nyuma yaberaga kuri Petit Stade i Remera ku...