Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize umucyo ku mubare w’abatoza bamaze gusaba gutoza Ikipe y’Igihugu, Amavubi, rigaragaza ko ryakiriye dosiye 688 zujuje ibisabwa. Muri abo harimo amazina asanzwe amenyerewe ku mupira w’u Rwanda — Adil Erradi Mohammed...
Umukinnyi w'iteramakofe wo muri Algeria, Imane Khelif, yatangaje ko yiteguye gukorerwa isuzuma ry'igitsina (sex test) niba byamufasha kwemererwa kwitabira Imikino Olempike izabera i Los Angeles mu 2028. Khelif, wegukanye umudali wa zahabu mu bagore mu cyiciro cya 'welterweight'...
Rayon Sports yagaruye inseko ku bafana bayo itsinze AS Kigali igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda 2025/2026, wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Gashyantare...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kwisanga mu bihe bitoroshye, aho abakinnyi bayo bamaze iminsi itatu badakora imyitozo kubera ibirarane by’imishahara y’amezi abiri bavuga ko batarahembwa. Kuva ku wa Gatandatu, abakinnyi banze kujya mu myitozo nyuma y’uko ubuyobozi butubahirije...
Ikipe ya Police FC yegukanye igikombe cy’Intwari cya 2026 nyuma yo gutsinda APR FC kuri penariti 7-6, mu mukino wa nyuma wari wabereye kuri Stade Amahoro kuri iki Cyumweru, ubera mu byishimo byinshi by’abafana. Uyu mukino warangiye amakipe...
Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’ikigo mpuzamahanga Deloitte, kizwiho gusesengura ubukungu n’iterambere ry’imikino, yagaragaje urutonde rw’amakipe y’umupira w’amaguru atunze kurusha ayandi ku isi. Iyi raporo izwi nka Deloitte Football Money League igaragaza ko Real Madrid yo muri Espagne yongeye...
Intsinzi y’ikipe y’igihugu ya Senegal mu Gikombe cya Afurika cya 2025 yakomeje gutuma abayigize bahabwa icyubahiro n’ibihembo bikomeye, nyuma y’uko Perezida w’iki gihugu, Basirou Diomaye Faye, afashe icyemezo cyo gushimira abakinnyi n’abatoza ku musanzu wabo mu kwandika amateka...
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yakomeje kwerekana ko iri mu bihe byiza mu marushanwa y’i Burayi, nyuma yo gutsinda Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 3-1, mu mukino w’Umunsi wa Karindwi wa UEFA Champions League wakiniwe kuri...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje icyemezo gikomeye cyongeye gushyira mu majwi ikibazo cy’ireme ry’imisifurire mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, nyuma y’impaka zavutse ku mukino wahuje APR FC na Al Merrikh SC. Uyu mukino wabaye ku Cyumweru...
Umukino wahuje APR Women FC na Macuba WFC ku Cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2026 wabaye mu buryo budasanzwe, ubwo umutoza w’abanyezamu ba APR WFC, Ndoli Jean Claude, yafatwaga n’ibintu bikekwa kuba amarozi mbere y’uko umukino utangira ku...