Icyamamare mw'iteramakofe Umwongereza Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y'imodoka muri Nigeria yahitanye abagabo babiri bo mu ikipe ye kandi b'inshuti ze.Umuryango wa Joshua wemeje ko yakoze impanuka ari mu rugendo yerekeza mu ntara afitemo inkomoko kwizihizanya na bo...
Imikino yo ku wa Gatanu mu gikombe cya Afurika 2025 (AFCON 2025) yaranzwe n’ihangana rikomeye, ibisubizo bitunguranye n’impaka ku misifurire, aho amakipe akomeye yahuye n’imbogamizi zikomeye mu mikino y’amatsinda. Ku kibuga Prince Moulay Abdallah i Rabat, igihugu cyakiriye...
Rutahizamu mpuzamahanga w’Umunya-Pologne, Robert Lewandowski, yemeje ko amakuru amaze igihe avugwa avuga ko FC Barcelona yaba yarigeze kumubuza gutsinda ibitego kubera impamvu z’amafaranga ashobora kuba ari ukuri. Lewandowski yageze muri FC Barcelona mu mpeshyi ya 2022, avuye muri...
Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwafashe ingamba zikomeye bugamije gukumira imyigaragambyo n’ibikorwa by’urugomo byavugwaga mu bafana b’iyi kipe yo mu Karere ka Rubavu, nyuma y’ibihe bigoye irimo muri Shampiyona y’u Rwanda. Perezida wa Etincelles FC, Ndagijimana Enock, yandikiye umuyobozi...
Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yihanganishije abatoza b’iyi kipe nyuma y’uko batishimiye ko batahawe imishahara yabo mu gihe abakinnyi bo bahembwe, by’umwihariko mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka. Rayon Sports, ifite ubuyobozi bushya bw’inzibacyuho, yari yiyemeje gukemura...
Igikombe cy'Afurika kigiye gukinwa ku nshuro ya 35 kikazabera muri Maroc kuva ku itariki ya 21 y'uku kwezi kw'Ukuboza (12), naho umukino wa nyuma ukazabera i Rabat mu murwa mukuru w'icyo gihugu ku itariki ya 18 Mutarama (1)...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko igikoresho kizwi nka Vuvuzela kitazongera kwemererwa gukoreshwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc, kizatangira tariki ya 21 Ukuboza 2025 kirangire ku ya 18 Mutarama 2026. Iki cyemezo...
Umunezero ukabije w’abafana b’umupira w’amaguru mu Buhindi wo kwakira icyamamare Lionel Messi wahindutse ibyago, nyuma y’imvururu zabereye mu kibuga cya Salt Lake Stadium i Kolkata. Abafana bari bitabiriye ibirori byo kumwakira bagaragaje uburakari bukomeye nyuma yo kutabona uko...
Nyuma y’amezi arindwi n’amasiganwa atanu yikurikiranye, u Rwanda rwabonye umupilote mushya wegukanye igikombe cya Shampiyona y’Igihugu yo gusiganwa mu modoka mu 2025. Uwo ni Kalimpinya Queen, wabigezeho ku wa 6 Ukuboza 2025 nyuma yo gutsinda Rallye des Mille...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere (RGB) rwasohoye icyemezo gikomeye cyo gusesa inzego zose zari zifite ububasha mu ikipe ya Rayon Sports Association, rishyiraho Komite y’Inzibacyuho igizwe n’abantu batanu iyobowe na Abdallah Murenzi. Ibi byatangajwe nyuma y’inama yabaye ku wa...