Bamwe mu basaza barwanye urugamba rwo kubohora Igihugu kuva mu 1990, bavuga ko bashimira ubuyobozi kuba buzirikana bukanaha agaciro akazi bakoze k’ubwitange.
Davido yizihiza isabukuru y’imyaka 32 atanga inkunga irenga miliyoni 250 Frw Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke wamamaye ku izina rya Davido, yatangaje ko isabukuru ye y’imyaka 32 azayizihiza atanga inkunga y’amafaranga angana na miliyoni 300...
Abanyamuryango ba Rotary Club Kigali Mont Jali bizihije isabukuru y’imyaka 25 bakora ibikorwa bitandukanye bihindura imibereho n’ubuzima bw’Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye, banahiga kuzakora imishinga itatu irimo uwo gufasha abana barwaye Autism no guha ibikoresho urubyiruko ruva mu magororero...
Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 7 Ugushyingo 2024, Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ndetse n’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (RMC), hahembwe abanyamakuru 31 bo mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru bakoze zari zigabanyije...
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi...