Umuhanzikazi Lisaa yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakobwa bari kwiyubaka mu muziki Nyarwanda, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ig Post”, indirimbo ihuza urukundo n’ibihe by’ikoranabuhanga. Iyi ndirimbo iri mu njyana y’urukundo, ariko ikagira...
Tariki ya 1 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu, abagize uruhare mu kubohora igihugu, kubaka no kurengera indangagaciro z’igihugu, aho muri uyu mwaka wa 2026 uzizihizwa ku nshuro ya 32 hateganyijwe igitaramo gikomeye cy’umuco kizabera...
Ishimwe Prince uzwi nka Da Rest, wahoze mu itsinda Juda Muzik, yasohoye indirimbo nshya yise ‘Amore’, iri mu murongo w’indirimbo z’urukundo zifite umwihariko ku buzima bwe bwite. Iyi ndirimbo igaragaramo amashusho yihariye agaragaza bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze...
Intsinzi y’ikipe y’igihugu ya Senegal mu Gikombe cya Afurika cya 2025 yakomeje gutuma abayigize bahabwa icyubahiro n’ibihembo bikomeye, nyuma y’uko Perezida w’iki gihugu, Basirou Diomaye Faye, afashe icyemezo cyo gushimira abakinnyi n’abatoza ku musanzu wabo mu kwandika amateka...
Mu rwego rwo gusigasira amateka no gukomeza gutoza Abanyarwanda indangagaciro z’ubutwari n’ubumwe, igitaramo cya mbere cya Ubutwari Tour Concert 2026 cyabereye mu karere ka Nyanza, cyahuriza hamwe abahanzi bafitse ibigwi bazwi mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu n’abaturage b’ingeri zitandukanye,...
FC Barcelona yongeye kwerekana ubukana ifite imbere ya mukeba wayo Real Madrid, iyitsinda ibitego 3-2 mu mukino wa nyuma wa Super Cup ya Espagne wabereye i Jeddah muri Arabie Saoudite, mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 11...
Umuhanzi ubifatanya no gutunganya indirimbo, Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleéeH, yanditse amateka mashya mu muziki nyarwanda nyuma yo kwegukana igihembo cy’Umuhanga mwiza mu gutunganya imiziki (Producer of the Year 2025) mu bihembo bikomeye bya AFRIMA (All...
Amakimbirane hagati y’ibyamamare bibiri bikomeye muri Hip Hop – Curtis “50 Cent” Jackson na Sean “Diddy” Combs – yongeye gufata indi ntera nyuma y’uko 50 Cent ateguye mbarankuru (docuseries) nshya yiswe “Sean Combs: The Reckoning”, yagombaga gutambuka kuri...
Uyu munsi, ni isabukuru y'imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk'amahirwe akomeye ndetse n'umugisha ku bwo kugira umuyobozi w'umuhanga kandi ukunda Igihugu n'abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y'abaturage ndetse n'isura nziza y'Igihugu....
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yasabye abitabiriye Ubumuntu Arts Festival 2025 ko umuco ukwiye kubumbatirwa, kuko ari wo mutungo w’ingenzi ku banyafurika ndetse n’Isi muri rusange bifitiye. Yabitangaje ku wa 17 Nyakanga 2025,...