• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 19, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’uko umu ririmbyi w’indirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana Ishimwe Vestine, ubarizwa mu intsinda rwa Dorcas na Vestine, atanga amagambo akoye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagarma, avuga ko abayeho mu buzima bubi kandi atabukwiye. Aline Ngahongayire,  yahumurije  byimbitse Vestine.

Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, aline Gahpngayire, yabwiye amagambo y’ihumure Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya Vestine na Dorcas, ya mubwiye  amagambo ashingiye ku gukomera ku Imana, yamenye no kwihangana agategereza umugambi w’Imana imufiteho.

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri, tariki ya 18 Ugushyingo 2025, Gahongayire, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yanditseho ubutumwa bw’ihumure abuherekeresha amafoto ya Ishimwe Vestina mu rwego rwo kugaragaza ko ayo magambo ari we yayageneye.

Binyuze kuri Instagram ya Ishimwe Vestina yaveze ko ubuzima abayemo butamworoheye

Ibi bibaye nyuma y’uko Vestine atangaje ko atamerewe neza, ni ubutumwa bwavugishije  ku mbuga nkoranyambaga, aho yavuze ko afite agahinda n’umubabaro ukomeye bitewe n’umwanzuro yafashe mu buzima bwe, ndetse avuga ko urukundo rwamugizeho ingaruka zikomeye.

Vestine yanditse kuri Instagram agira ati: “Ubuzima mbayemo ntabwo ari bwo nahisemo. Ndi mu bihe bikomeye kandi sinari mbikwiye… Undi mugabo zajya gushaka zabanza mu menye neza, menye  umuryango we, aho akomoka kandi nta nta mugabo uzogera kumbeshya ngo anyagirize ubuzima, nakuyemo isomo rikomeye.”

Gahongayire wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, mu butumwa yandiytse kuri Instagram yagize ati:” Nifatanyaje na Ishimwe Vestine muri ibi bihe bikomeye urimo, andetse amwifuriza kurindwa n’amaraso ya Yesu, ndetse amubwira ko ari ‘umunyamugisha.”

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Gahongayire yagize ati: “Nishimiye gufata uyu mwanya, nka mukuru  wawe mu rugendo rwo kuramya Imana, simpa agaciro imbaraga zose zirwanya imigambi y’Imana ku buzima bwawe. Ijambo ribi ryose ryavuzwe cyagwa rytekerejwe ku buzima bwawe, mbitesheje agaciro mu izina rya Yesu.

Gahongayire yaburiye Vestine ko kwiriye kujya ku mavi agasenga cyane ko ariho abaramyi bavana imbaranga, amubwira oko imbere ye ari henza kandi ko Yesu azacecekesha imiraba n’imiyanga.

Ati: “Ku mavi, aho ni ho hava inyegamo y’abaramyi, ujye ahahugira. Wowe komera kandi utekane. Yesu waguhaye ijambo rimwe, niwe uzaguha imbaraga(ijambo), zishobora gucecekesha imiraba yose ku buzima bwe.

Gahongayire akomeza yizeza Vestine, ko ejo hazazahe hari mu bingaza by’Imana, yaboneyeho gutangaza amagambo akomeye yahumurije benshi. Ati: “Nanze ikibi cyose cyakugirira nabi. Uubak, uzabyara, uzaheka, kandi uzaramya unahimbaza Imana. Wahawe ijambo kandi ryemejwe n’Uwaryivugiye.”

Ishimwe Vestine abayeho mubizima atahisemo

Uyu muhanzi yakomeje amwibutsa ko ari Imana yamuhagurukije, kandi ko ari ishema ry’urungano. Asoza amubwira ko intwaro zizagerageza ku murwanya izatazagira icyo imutwara, ati: “Guma mu maboko ya Papa w’ibyiza. Nta ntwaro zacuriwe ku kurwanya izagira icyo igutwara. Ndagukunda.”

Ubutumwa bwa Gahongayire bukomje guhumuriza benshi by’umwihariko abakunzi ba Vestine na Dorcas, kandi ibi bigaragaza uko umubano n’ubufatanye mu muziki w’u rwanda ukomeje kuba isoko y’ubufatanye, ihamure no kurwnirirana ishyaka mu bihe bikomeye no  mu byiza.

Ubutumwa Gahongayire yageneye Vestine Ishemwe
Share2Tweet1Send
Previous Post

Hateguje impinduka zikomeye mu birori bya ‘Zacu Gala’

Next Post

Amerika: James na Daniella batangaje ko bagiye gutarama muri ‘Endless Worship Concert’

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
56 minutes ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Amerika: James na Daniella batangaje ko bagiye gutarama muri ‘Endless Worship Concert’

Amerika: James na Daniella batangaje ko bagiye gutarama muri 'Endless Worship Concert'

Acuranga Guitar, Piano na Saxophone: Ibyihariye kuri Esther n’uko yakundishijwe umuziki

Acuranga Guitar, Piano na Saxophone: Ibyihariye kuri Esther n'uko yakundishijwe umuziki

Africa Week 2025 Shines in Kigali as the Continent’s Premier Tech and Investment Summit

Africa Week 2025 Shines in Kigali as the Continent’s Premier Tech and Investment Summit

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.