• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 19, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’uko umu ririmbyi w’indirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana Ishimwe Vestine, ubarizwa mu intsinda rwa Dorcas na Vestine, atanga amagambo akoye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagarma, avuga ko abayeho mu buzima bubi kandi atabukwiye. Aline Ngahongayire,  yahumurije  byimbitse Vestine.

Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, aline Gahpngayire, yabwiye amagambo y’ihumure Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya Vestine na Dorcas, ya mubwiye  amagambo ashingiye ku gukomera ku Imana, yamenye no kwihangana agategereza umugambi w’Imana imufiteho.

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri, tariki ya 18 Ugushyingo 2025, Gahongayire, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yanditseho ubutumwa bw’ihumure abuherekeresha amafoto ya Ishimwe Vestina mu rwego rwo kugaragaza ko ayo magambo ari we yayageneye.

Binyuze kuri Instagram ya Ishimwe Vestina yaveze ko ubuzima abayemo butamworoheye

Ibi bibaye nyuma y’uko Vestine atangaje ko atamerewe neza, ni ubutumwa bwavugishije  ku mbuga nkoranyambaga, aho yavuze ko afite agahinda n’umubabaro ukomeye bitewe n’umwanzuro yafashe mu buzima bwe, ndetse avuga ko urukundo rwamugizeho ingaruka zikomeye.

Vestine yanditse kuri Instagram agira ati: “Ubuzima mbayemo ntabwo ari bwo nahisemo. Ndi mu bihe bikomeye kandi sinari mbikwiye… Undi mugabo zajya gushaka zabanza mu menye neza, menye  umuryango we, aho akomoka kandi nta nta mugabo uzogera kumbeshya ngo anyagirize ubuzima, nakuyemo isomo rikomeye.”

Gahongayire wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, mu butumwa yandiytse kuri Instagram yagize ati:” Nifatanyaje na Ishimwe Vestine muri ibi bihe bikomeye urimo, andetse amwifuriza kurindwa n’amaraso ya Yesu, ndetse amubwira ko ari ‘umunyamugisha.”

Aline Gahongayire yatangaje amagambo yihumure kuri Ishimwe Vestine

Gahongayire yagize ati: “Nishimiye gufata uyu mwanya, nka mukuru  wawe mu rugendo rwo kuramya Imana, simpa agaciro imbaraga zose zirwanya imigambi y’Imana ku buzima bwawe. Ijambo ribi ryose ryavuzwe cyagwa rytekerejwe ku buzima bwawe, mbitesheje agaciro mu izina rya Yesu.

Gahongayire yaburiye Vestine ko kwiriye kujya ku mavi agasenga cyane ko ariho abaramyi bavana imbaranga, amubwira oko imbere ye ari henza kandi ko Yesu azacecekesha imiraba n’imiyanga.

Ati: “Ku mavi, aho ni ho hava inyegamo y’abaramyi, ujye ahahugira. Wowe komera kandi utekane. Yesu waguhaye ijambo rimwe, niwe uzaguha imbaraga(ijambo), zishobora gucecekesha imiraba yose ku buzima bwe.

Gahongayire akomeza yizeza Vestine, ko ejo hazazahe hari mu bingaza by’Imana, yaboneyeho gutangaza amagambo akomeye yahumurije benshi. Ati: “Nanze ikibi cyose cyakugirira nabi. Uubak, uzabyara, uzaheka, kandi uzaramya unahimbaza Imana. Wahawe ijambo kandi ryemejwe n’Uwaryivugiye.”

Ishimwe Vestine abayeho mubizima atahisemo

Uyu muhanzi yakomeje amwibutsa ko ari Imana yamuhagurukije, kandi ko ari ishema ry’urungano. Asoza amubwira ko intwaro zizagerageza ku murwanya izatazagira icyo imutwara, ati: “Guma mu maboko ya Papa w’ibyiza. Nta ntwaro zacuriwe ku kurwanya izagira icyo igutwara. Ndagukunda.”

Ubutumwa bwa Gahongayire bukomje guhumuriza benshi by’umwihariko abakunzi ba Vestine na Dorcas, kandi ibi bigaragaza uko umubano n’ubufatanye mu muziki w’u rwanda ukomeje kuba isoko y’ubufatanye, ihamure no kurwnirirana ishyaka mu bihe bikomeye no  mu byiza.

Ubutumwa Gahongayire yageneye Vestine Ishemwe
Share2Tweet1Send
Previous Post

Hateguje impinduka zikomeye mu birori bya ‘Zacu Gala’

Next Post

Africa Week 2025 Shines in Kigali as the Continent’s Premier Tech and Investment Summit

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Africa Week 2025 Shines in Kigali as the Continent’s Premier Tech and Investment Summit

Africa Week 2025 Shines in Kigali as the Continent’s Premier Tech and Investment Summit

Kim Kardashian yaguze mu ibanga Bibiliya ya se

Kim Kardashian yaguze mu ibanga Bibiliya ya se

Gloria Bugie yahakanye byogutwara abagabo babandi

Gloria Bugie yahakanye byogutwara abagabo babandi

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.