Ubuzima n’urugendo rw’Impano ya Biramahire Abeddy Mu Ruhando rw’Umupira w’Amaguru
Mu mwaka wa 2023, Biramahire yegukanye igikombe cya mbere muri UD Songo, anagaragaza impano ye nk’umwe mu rutahizamu bakomeye b'Amavubi."
Mu mwaka wa 2023, Biramahire yegukanye igikombe cya mbere muri UD Songo, anagaragaza impano ye nk’umwe mu rutahizamu bakomeye b'Amavubi."
Intego nyamukuru y’iri tegeko ni ukurinda abana ibyago bishobora kubageraho mu gihe bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba Ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uwa Ghana ugize icyicaro mu Rwanda ku nshuro ya mbere, n’abandi batatu bashya bahagarariye ibihugu byabo bwa mbere mu Rwanda.
Ruti Joël: Umugore na we ni vuba arahari narakunze, ndakundwa. Waririmba Musomandera ntihagire ugukunda? Ndakundwa nanjye, ndahendahendwa, ariko baravuga ngo iryo ni ibanga ryanjye. Gusa arahari!”
Car Free Day ni igikorwa cyatangijwe mu Rwanda mu rwego rwo guteza imbere ubuzima bwiza, guhanga umuco w’imyidagaduro no kurwanya indwara zituruka ku bukeya bw’imyitozo ngororamubiri.