Hakim Sahabo n’abagenzi be bakina hanze ntibahiriwe n’iyi weekend.
U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze yarwo aho tugiye kurebera hamwe uko bitwaye mu mpera z’iki cyumweru cyasojwe. Hakim Sahabo uherutse kwerekeza mu ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K. Beerschot V.A, imutiye muri Standard de Liège, bwa mbere yahawe umwanya ubanzamo mu...









